Abajuji b’urwo rukiko bategetse ko bwana Mbarushimana arekurwa, bavuga ko abashinjacyaha batagaragaje ibimenyetso bihagije byo kwemeza i
Urubanza rw’umuyobozi w’ishyaka rya FDU-Inkingi, Madame Ingabire Victoire n’abo barewana ibyaha birimo ik’ingengabitekerezo ya jenoside
Agihawe nyuma y’umuntu warokotse jenoside y’abayahudi porofeseri Elie Wiesel muri 2010 na Dalai Lama, umuyobozi w’idini rya Budha muri T
Bwana Niyibizi ni umwe mu bantu 1268 barokokeye muri Hotel Mille Collines muri 1994 ashima Lantos Foundation.
Impuguke mu by’amategeko Evode Uwizeyimana uri I Montreal muri Canada avuga ko amategeko yatumye urwo rubanza rusubikwa.
Abunganira Madame Ingabire babwiye urukiko ko nta bubasha rufite rwo kuburansha urwo rubanza.
Ni Pasiteri Uwinkindi ubwe wababimburiye kwiyicisha inzara
Nduguyangu yarusabye ko rwamugabaniriza igihano, naho Karemera arusaba ko rwamugira umwere.
Imwe mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu n’abanyapolitiki batavuga rumwe na leta bamaze iminsi bavuga ko mu Rwanda hari umuco
Imwe mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu n’abanyapolitiki batavuga rumwe na reta bamaze iminsi bavuga ko mu Rwanda hari umuco
Urubanza rw’abantu 29 bakekwaho gutera za gerenade mu gihugu ejo kuwa mbere ni bwo batangiye kuburanishwa ku rukiko rukuru rwa Kigali.
Abanyarwanda babiri ejo kuwa mbere bitabye urukiko rwo mu mujyi wa Buruseli mu Bubiligi, kubera ibyaha bifitanye isano na jenoside yabay
Lt Col Rugigana Ngabo, murumuna wa Gen Kayumba Nyamwasa, ntiyishimiye icyemezo cyo gukomeza gukurikiranwa ari mu buroko cyategetswe n’ur
Abo bantu 29 bakekwaho gutera gerenade mu Rwanda bajuririye urukiko rukuru ku cyemezo kibafunga by’agateganyo. Abantu 21 muri abo bashin