Uko wahagera

Iwanyu mu Ntara


Iwanyu mu Ntara
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:59 0:00

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Sophie Wilmès aravuga ko Ububiligi buzakomeza kugirana ibiganiro n’u Rwanda ku rubanza rwa Paul Rusabagina. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane abarwanashyaka b’ishyaka DALFA Umurinzi ritaremerwa mu Rwanda, n’umunyamakuru Theoneste Nsengimana bagejejwe imbere y’urukiko kuburana ku ngingo y’ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Abarundi bagera ku bihumbi 25 bari impunzi batahutse bava Kongo, Tanzaniya, u Rwanda, Uganda, n’ahandi mu mezi atatu shize. Byemnezwa na ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu n’umutekano mu Burundi.

XS
SM
MD
LG